Author: ABISANGE IRAGENA Sandrine

  • Umulisa

    Uwo munsi nongera kumubona, yari yambaye agakanzu k’umweru kagera munsi y’amavi, gafite ikora riciyemo uturongo tw’ubururu, ku buryo n’ubwo yari akiri kure yanjye nabibonaga ko iyo kanzu ari nziza rwose. Nkibisanzwe umutima wanjye watangiye kudiha kuko nari maze iminsi ntamubona, ariko uko yarushagaho kwegera aho nari mpagaze, namubonyeho ikintu ntari nari geze mubonaho kuva namumenya.… Read more

  • Hello world!

    Welcome to WordPress. This is your first post. Edit or delete it, then start writing! Read more