Uwo munsi nongera kumubona, yari yambaye agakanzu k’umweru kagera munsi y’amavi, gafite ikora riciyemo uturongo tw’ubururu, ku buryo n’ubwo yari akiri kure yanjye nabibonaga ko iyo kanzu ari nziza rwose. Nkibisanzwe umutima wanjye watangiye kudiha kuko nari maze iminsi ntamubona, ariko uko yarushagaho kwegera aho nari mpagaze, namubonyeho ikintu ntari nari geze mubonaho kuva namumenya. … Continue reading Umulisa
Copy and paste this URL into your WordPress site to embed
Copy and paste this code into your site to embed